*πππ BIRABABAJE pππππ
Umugore yari yicaye ku irembo iwe abona hanyuze umugore wambaye imyenda y,’umukara arikumwe n’imbwa nini inyuma hari amasanduku 2 aherekejwe n’abagore barenga magana atanu (500) nuko agira amatsiko maze yegera uwari imbere maze aramubaza ati ” ninde wapfuye” nawe aramusubiza ati” isanduku imwe irimo umugabo wanjye indi ni umusekereteri we!” Undi ati bazize iki? Aramusubiza ati” iyi mbwa yanjye yabafashe basambana ihita ibica.” Ni uko wa mugore ati” yoooh nanjye wantije iyi mbwa yawe!” Undi ati” ndayigutiza ntakibazo ariko banza ujye ku murongo kuko aba bagore bose bamperekeje niyo bashaka nababwiye kunkurikira ubundi nkayibaha! ππππππ*
Advertisements