Museke wenda mwashyuha: I Nyamirambo habaye accident,abantu bamwe barapfa abandi barakomereka.
Gitifu yaje kureba uko byagenze avuga ko buri famille yabuze umuntu iri buhabwe 5000000Frw naho buri muntu wakomeretse agahabwa 3000000Frw.
Umusore umwe wari uryamye mu bakomeretse acunga ku jisho arasodoka ajya kuryama mu bapfuye,undi witwa Sultan ahita amukubita urushyi ati :”Subira mu bakomeretse utica imibare y’abapfuye kuko bamaze kutubara