Niko kubaza Masudi Juma nubwo yari yiteguye ko amurasa


Ariko kubaza Masoudi muri enterview uba witeguye kwakurasa urebye nabi akakwandagaza cyane .

Ubwo turikoze tuti

ESE coach
“Ko bigaragara ko muri uyu mukino wabuze bamwe mu bakinnyi bawe bakomeye, waba ufite icyizere ko ku mukino uzakirwamo na APR FC Classico yomu rwanda bazaba bagarutse mukibugaukabakinisha?

Nawe atazuyaje kd ari serie ati
“Ko utavuze uwo tuzakurikizaho na Etincelles kdi yose ari amanota atatu? Ntabwo nkinisha amazina, yabaye ari uko bimeze, nanjye nakabaye njyamo ngakina kuko nanjye izina ndarifite kd risobanutse .

Twese yabaye nkuducecekesheje nuwabazaga yabazaga yikandagira

dusabane

Dusabane Magazine (www.dusabane.wordpress.com) ni blog ibagezaho inkuru ndende zanditse kuburyo bw’ uruhererekane (series) , urwenya ndetse n’ andi makuru atandukanye muzagenda mubonaho. Intego ya Dusabane Magazine ni ugusabana, kwidagadura (Entertainment), guhanahana amakuru n’ ibindi , tukaba tubashishikariza kudukurikira buri munsi kuko ntituzabatenguha. Dusabane Magazine

Leave a comment