Ariko kubaza Masoudi muri enterview uba witeguye kwakurasa urebye nabi akakwandagaza cyane .
Ubwo turikoze tuti
ESE coach
“Ko bigaragara ko muri uyu mukino wabuze bamwe mu bakinnyi bawe bakomeye, waba ufite icyizere ko ku mukino uzakirwamo na APR FC Classico yomu rwanda bazaba bagarutse mukibugaukabakinisha?
Nawe atazuyaje kd ari serie ati
“Ko utavuze uwo tuzakurikizaho na Etincelles kdi yose ari amanota atatu? Ntabwo nkinisha amazina, yabaye ari uko bimeze, nanjye nakabaye njyamo ngakina kuko nanjye izina ndarifite kd risobanutse .
Twese yabaye nkuducecekesheje nuwabazaga yabazaga yikandagira