you are mine episode 12


YOU ARE MINE
épisode12

Ubwo Angel abwira Shadad ati …ntago nabyaga kuko ndagukunda
ntacyambuza kukubera umugore(mbega ngo Shadad utuntu turamwirukanka mumubiri tumeze nkutunya ! Shn burya disi nurukundo) Shadad yahise amwambika ya mpeta ubundi bahita bahoberana.
Tuve kubakundana tuze kurundi ruhande harabari kuganira
,

Ella yatunguwe no abona ari maman manzi ariwe uje aho. M manzi: Ella ntakintu na kimwe wari wakora koko,ko ufite ubunebwe ntigeze mbonana abandi bakobwa
Ella:numvaga nyirushye cyne ark ibyaba byiza mwashaka undi uteka kuko nta mbaraga mfite (yabivuganye agasuzuguro), yahise yagenda ,maman manzi yasigaye yumiwe arimo avuga ngo uyu mukobwa sinzashobokana nawe urabona ukuntu yambwiraga yigira umuntu utaramara n’icyumweru atangiye kwigira gutya ,reka ndebe uteka gusa namubonye uyu we ntituzamushobora pe. Hashize iminsi Ella yatangiye kuzajya asuzugura umugabo rimwe bari mu cyumba barigutongana,
Manzi: ariko cherie kuki utakinyitaho nkuko wabigenzaga tukimenyana nsigaye mbona warahindutse cyane
Ella:noneho umaze kumpaga nzigendere ariko abantu bahano mwabaye mute? burigihe ni Ella aho bigeze mu maze kuntera ishozi
Manzi:ariko mukundwa ntago nkubwiye nabi ariko niba nkurakaze mbabarira sinzongera
Ella:mva imbere kandi urekere kunsakuriza ikindi kandi niwumva wampaze uzambwire nigendere kuko siwowe mugabo wenyine ubaho.
Tuze kwa maman waba Angel hamwe nu mugabo we, M.Angel:ubu nibaza uko Ella ameranye nu mugabo bikanyobera kuko uri mwana nubwo twamushyingiye mururiya muryango njye sinabyifuzaga kuko natekerezaga kuri Manzi ukuntu nabonye yitonda nareba Ella nkabona aruwo kumubabaza gusa.
P.Angel: njye kuva yambwira ya magambo sinigeze nongera kumubara mubana banjye nubwo yagiye bikanshimisha ariko mubo nekereza we ntakibamo
M.Angel:ariko nawe wivuga gutyo kuko nubwo yakubabaje ariko waramwibyariye kandi ukwiye kumubabarira
P.Angel:reka tubireke twiryamire.
Uko iminsi yashiraga niko Angel igihe cye cyo kubyara cyaricyegereje,rimwe ari kumwe na Shadad doreko bahoranaga barimo bakina byashyushye nuko Angel agira atya aratsikira ahita yikubita hasi agwisha umugongo,Shadad yaahise aza kumureba ngo amwegure ariko akimwegura Angel yahic atangira kuva cyane. Shadad ubwoba bwaramwishe ubwo kandi Angel nawe yararimo ataka cyane. Yahise ahamagara umuzamu araza amufasha kumubyutsa bamushyira mu modoka amujyana kwa muganga,amugejejeyo bahise bamwakira byihuse. Shadad asigara hanze yibaza ibibazo byinshi ,hashize umwanya ahamagarwa mu biro docteur yamweretse aho agomba gusinya kugirango Angel abagwe kuko uko Bakomeza gutinda niko amahirwe yo kubaho kwa Angel agabanuka kuko yavuye amaraso menshi. Ariko ntakindi bashakaga gukora kwari ukugirango Angel abyare, kandi ntayindi nzira barikubigenza usibye kumubaga kuko nta bise byari byaje ngo wenda abyare neza. Shadad yahise asinya vuba nabwangu,nyuma Angel baramubaze abyara utwana tubiri twimpanga byari ibibazo baramudoze,bahise babibwira shadad ko Angel amaze kubyara kandi ko nawe atameze nabi cyane,Shadad yarishimye cyane ahita ahamagara papa Angel hamwe ni wabo ababwirako umugore we amaze kubyara ariko iwabo wa Shadad ntago babyumvaga neza kuko ntibigeze bamenya ko afite umukunzi ndetse unatwite ariko banze kubitindaho bahita bamusanga aho yari ababwiye bafite amatsiko y’umugore wa Shadad doreko mbere ibyo gukunda utari kubimubaza………,…………………,
,
Mbega nginkuru irabuburyoheeeeee nubuki burarura kbx

,
,biracyaza

Ubwo…iwabo wa Shadad bageze kwa muganga basanga iwabo wa Ella nabo bahageze barasuhuzanya nuko maman Shadad abaza iwabo wa Ella ngo namwe c harumuntu mwaje kureba hano,papa Ella : hahah nonese nimuziko umwana wacu yabyaye
M.shadad: ese namwe mufite umuntu wabyaye nkatwe
bakirimuribyo Shadad yaraje ahita arababwira ngo nibaze bareb abana barinjiye uko ari bane hamwe na Shadad dore uko byaribimeze
M.Shadad: mbega abana beza ariko mfite ikibazo Shada kuki waduhishe ko ufite umukunzi ubona tutarikubyishimira kugezaho mubyariye tutari tuzi umukazana wacu koko nukuri ntago uri umwana mwiza
Shadad : maman hamwe nawe papa mbasabye imbabazi ko nabibahishe ariko narimukamuzana nkamubereka
P,Shadad: ntakibazo rwose mureke twishimwe ibindi bizaza nyuma
M.Shadad: nonese umukazana yaba yitwa gute?
Shadad : yitwa Angel cg se nubishaka uzamwite MadamShad akaba ari mukuru wa Ella ndetse ninayo mpamvu ubona ababyeyi be bari hano
M.Shadad : ese byaribyanyobeye
ubwo bateruye abana babishimiye bose bashimira Angel na Shadad ko baba haye abazukuru byageze igihe bose barataha hasigara shadad gusa nuko yegera umugore we amusoma kugahanga arangije amwicara iruhande yitegereza ukuntu yarasinziriye arangije aravugango wakoze mukundwa kumbyarira bano bana beza sinzi icyo nagukorera kugirango nkwerekeko nkwishimiye gusa nzagukunda kugeza nshizemo umwuka ntawund nzigera nkubangikanya nawe kuko nta muntu ukuruta kurino si .arangije yahise amusoma kukiganza ariko hagati aho Angel yaratarakira ibisebe kubera kubagwa(mbega umuryango wishimye)Nyuma y’iminsi baratashye bajya iwabo wa Shadad kugirango bakomez bamwiteho, nyuma yumunsi umwe shadad yasohotse mu cyumba cya Angel asiga Angel aryamye ako kanya agisohoka Ella yinjiya aho afite isosi ayizaniye Angel afata ibintu bimeze nk’ ifu abyo ngera muri ya sosi aravanga arangije aravugango ndabizi ibi nubinywa ntago uzamara kabiri kuko sinigeze nkifuza muruno muryango kuko ndabizi bakwitayeho kundusha,nuko aramwegera aramukangura amusekera Angel abona ko Ella nta ribi rye ariko ntiyigeze amenyako yashyizemo uburozi ,Angel yarabyutse nuko abaza Ella ngo Shadad arihe ko yararihano mukanya, Ella : asohotseho gato ariko ampaye isosi ngo nguhe ariko ihangane uyinywe kuko ndava hano aruko uyimaze sibyo Angel
Angel yibajije ukuntu Ella arikumubwira neza biramucanga ariko yirinze kubimwereka arangije afata ya sosi ahita abwira Ella ngo nonese ko ishyushye cyane biragenda gute?Ella yaramubwiye ngo ihangane uyinywe ndabizi niyo nziza kuriwowe kandi iraza kugufasha kumererwa neza ahubwo yinywe igishyushye,Angel yarayifashe ashyira ku munwa ataratangira kunywa Shadad yahise yinjira aho Angel ahita avana kumunwa ahita amubwira ngo Honey kuki wasohotse utambwiye ubwo iyo ngira ikibazo koko!
Shadad yahise amusubiza ngo humura sinongera kugenda yahise amwegera amuha french kiss Ella abareba umujinya uramwica kuko yaragikunda shadad ,arangije ahita avuga ngo shad rekera muraza gukomeza Angel amaze kunywa isosi wibagiwe ko atarakira. shadad yahic arekurana na Angel ahita aseka arangije aravuga ngo narinabyibagiwe ko akirwaye,Ella yahic avuga ngo Angel ngaho inywa rero nuko Angel……………..,…………….
Manaweeeee mbega Shadad ntziko disi arimwihera uburozi umugore ¿??????????
Ella kuroga birasa nkibimuvuyeho.
Angel se uburozi buzamusiga amahoro cg buzamwica ????? Byose nimugice bikurikira
Watch next episode….

Leave a comment