Umuhungu yakundaga umukobwa ariko akabura ukuntu yabimubwira nuko aza gufata urugendo ajya kureba nyine uwomukobwa nuko baricara batangira ikiganiro.
Umuhungu:hari umuhungu wantumye ngo nkubwire ko agukunda ariko ngo ntazineza ko wabyemera
Umukobwa: Yego Mana ngo umuhungu, ubwo se ni nde?
Umuhungu: Nyine, Irene, na ko buriya
Umukobwa: Mumbwire niba utamumbwiye umvire hano
Umuhungu: nako ni njye wakwitumyeho
Umukobwa: genda uzitume mu musarane njye undeke!